Aba bacanshuro bageze muri RDC nyuma yo guhabwa akazi na Perezida Félix Antoine Tshisekedi kugira ngo bafashe ingabo ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Impunzi z’Abanye-Congo zari zicumbikiwe mu Nkambi y’Agateganyo ya Rugerero zikomeje gusubira iwabo nyuma y'iminsi ibiri M23 ifashe Umujyi wa Goma itsinze Ingabo za DRC (FARDC) n’abo bafatanyije barimo ...
Inararibonye n’impuguke muri Politiki zisanga imikorere y'Umuryango wa Afurika y'Iburasirazuba, nikomeza uko iri, aho ibihugu usanga biharanira inyungu zabyo bwite, bishobora kuzatuma utagera ku ntego ...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje ko ibibazo by'umutekano muke muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bidashobora gukemurwa binyuze mu nzira y'intambara. Umukuru w'igihugu ...
Nyuma yo kubohora Umujyi wa Goma, abarwanyi ba M23 bambuye Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, FARDC n’abarwanyi b’Umutwe w’Iterabwoba, FDLR, intwaro n'indege za gisirikare ...
Umutwe wa M23 umaze iminsi itatu uri kugenzura Umujyi wa Goma nyuma yo gutangaza ko yawufashe. Kuva uwo munsi yatangaje ko ...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko bibabaje kubona abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC, batumiwe mu nama yiga ku kibazo cy’intambara iri mu ...
Perezida Kagame yagaragaje ukwinyuramo kwa mugenzi we wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, nyuma yo guhindura imvugo ku byo baganiriye byerekeye abasirikare b’iki gihugu bari muri SADC baguye mu ...
Les chefs d'État qui ont assisté ce mercredi à la réunion du conseil de Smart Africa dans le cadre de la conférence «Transform Africa » ont clairement indiqué que, pour que le continent puisse ...